Hon. Eugene Mussolini: promotion of rights of people with disabilities our responsibility

Eugene Mussolini born in December 24, 1977 he is a Rwandan politician. Since 2019, Mussolini has served as a member of the Chamber of Deputies, holding the parliamentary seat reserved for people with disabilities. From a humble beginning, he started championing for the rights of people with disabilities for example about the social inclusion and livelihoods…

Read More

Abafite ubumuga bwo mu mutwe barasaba kudahezwa mu bikorwa by’amatora

Bamwe mu bafite ubumuga bwo mu mutwe basaba ko abantu bahindura imyumvire babafiteho, kuko iyo myumvire iri mu bituma bahezwa mu bikorwa bimwe na bimwe, nyamara bitagakwiye. Ibi babihera ku kuba hari ababafata nk’abadafite ubwenge n’ibitekerezo bizima, ko nta kintu kizima bashobora gukora, nyamara bikaba atari byo, kuko badahora barwaye, ndetse iyo bafata imiti neza…

Read More

Mu 2030 u Rwanda ruzaba rukeneye miliyari 52 mu kwita ku bamugaye

Minisiteri y’ubuzima iratangaza ko mu mwaka wa 2030 leta y’u Rwanda izaba ikeneye agera kuri miliyari 52 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo hitabwe ku buzima bw’abafite ubumuga. mu gihe buri mwaka hatangwa miliyari 7.5. Iyi mibare yagaragajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana kuri uyu wa Mbere, ubwo we n’Umuyobozi Mukuru wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize,…

Read More

Umubyeyi ushaka gushinga ikigo gifasha abana bafite ubumuga mu Rwanda

Uyu mubyeyi Uwajemahoro Nadine yabigarutse ubwo bitabiraga Rwanda day yabereye Washington tariki ya 2-3 Gashyantare 2024, ubwo yavugaga uburyo yabyaye umwana ufite ubumuga ariko biturutse kutitabwaho n’abaganga muri Loi Faysal Uyu mubyeyi yasobanuriye Perezida Paul kagame agahinda yagize ubwo yajyaga kubyarira muri ibyo bitaro ariko ntiyitabweho n’abaganga kugeza ageze igihe cyo kubyara kuko yari yategujwe…

Read More

Uko Rubagumya yashinze Stafford coffee shops benshi bakora mo bafite ubumuga

Abanywi b’ikawa bazi amaduka acuruza ikawa bita Stafford Coffee Shops hirya no hino mu Rwanda. Ni aya Rubagumya Stafford akaba umugabo wiyemeje guha akazi abafite ubumuga bwo kutumva ngo  bamucururize ikawa. Aherutse kuvuga ko yiyemeje ko mu bakozi be hagomba kuba harimo ijanisha runaka ry’abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga. Avuga ko muri iyi ntangiriro…

Read More

Gatera wiyemeje kuzamura abantu bafite ubumuga asaba Leta kumwunganira

Gatera Rudasingwa Emmanuel ufite ubumuga bw’ingingo umaze imyaka 28 akora ibikorwa bigamije kuzamura abafite ubumuga, avuga ko hari byinshi yagezeho n’ubwo inzira ikiri ndende, agasaba Leta kumwunganira kugira ngo akomeze kunoza ibikorwa bye byo gufasha bagenzi be bafite ubumuga. GATERA utuye mu murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo, avuga ko yatangiye gufatanya na bagenzi…

Read More